Ubuzima bwiza buraharanirwa, kugira ngo utsinde biragusaba kurwana urugamba , mu irushanwa ryo kwiruka kugira ngo ugere aho usiganirwa kujya reka nkwibutse ibuntu 3 utakabaye wibagirwa mbere yuko uryama



1.Buri joro , mbere yo kwinjira mu buriri , banza wicare usubize amaso yawe inyuma wisuzume wibaze uti ese umunsi wanjye wagenze gute ? Ni hehe bipfira ?

2.Nutangira kwitekerezaho uzatekereze ku bintu 3 byiza byakubayeho ndetse byatumye umunsi wawe ugenda neza

3.Muri ibyo bintu 3 byose uzatinde kuri bya bindi wateganyije mbere, uko byagenze ndetse usuzume ko byabaye neza nkuko wabiteguye .

Buri teka ibintu byiza bitubaho tutarabiteganyije biba bisa n’urubuto rwamahirwe uko biza ni nako nibibi byatugeraho kubw’ ibyo rero dukwiriye kujya twikorera buri munsi izuzuma nibwo twahirwa mu buzima bwa buri munsi



Caleb

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *